Hari hamaze iminsi havugwa ikibazo hagati y’umukinyi Karekezi Olivier n’umutoza w’ikipe y’igihugu Eric Nshimiyimana, aho Karekezi yari yanze kwitabira imyitozo y’ikipe y’igihugu Amavubi yitegura umukino wa nyuma mu matsinda yo guhatanira itike yo kujya mu gikombe cy’Afurika. Karekezi wigeze no kub...
Champions league ku munsi wayo wa kabiri w’amatsinda Arsenal yugarijwe n’imvune zitandukanye yabashije kwitwara neza itsinda Olympiakos yo mu Bugiriki 2-1. Igitego cya mbere cyatsinzwe na Alex Oxlade Chamberlain umusore muto w’imyaka cumi n’umunani ku munota wa munani, naho icya kabiri gitsindwa ...
MUVUNYI Jean Claude | Wednesday, 14 September 2011
Kuwa Gatatu tariki ya 14 Nzeli 2011, hashize umunsi umwe gusa uwari Perezida wa FERWAFA, Gen. Brig. Jean Bosco Kazura yeguye, amakuru dukesha urubuga rwa internet rwa FERWAFA ni uko Jules César Kalisa wari Umunyamabanga Uhoraho wa FERWAFA nawe amaze kwegura.
Amakuru dukesha urubuga rwa internet r...
MUVUNYI Jean Claude | Wednesday, 14 September 2011
Nk’uko tubikesha FERWAFA ku rubuga rwa internet Umutoza wa Police FC Kopunovic Goran yabaye ahagaritswe kubera imyitwarire itari myiza yabaye ku munsi wo kuwa gatandatu ubwo ikipe ya Police FC yakinaga na APR FC muri kimwe cya kabiri cy'irangiza mu irushunwa rya Primus Cup kuri Stade Amahoro.
Du...
MUVUNYI Jean Claude | Wednesday, 14 September 2011
Yatsinze Rafael Nadal wo mu gihugu ca Espagne, amaseti atatu kuri imwe ku manota 6-2, 6-4, 6-7 na 6-1.
Novak Djokovic wo mu gihugu cya Serbia yatsinze kuwa mbere irushanwa rya tennis rya US Open mu mu mujyi wa New York.
Yatsinze Rafael Nadal wo mu gihugu cya Espagne, amaseti atatu kuri imwe ...
Ku munsi wa kane wa shampiyona y’ubwongereza amakipe akomeye yitwaye neza usibye Liverpool yatunguwe na Stoke City ikayitsinda igitego kimwe ku busa 1-0. Ni nyuma yaho shampiyona z’iburayi zari zimaze iminsi zarahagaze kubera imikino y’amakipe y’ibihugu ari guhatanira itike yo gukina igikombe cy...
Mohammed Bin Hamman asuhuza abantu nyuma y'ikoraniro kaminuza rya AFC iDoha kuwa 06/01/2011
Mohammed Bin Hamman washinjwe ko yatanze ruswa kugirango abone amajwi mu gihe yiyamamarizaga kuyobora FIFA, ashaka gusimbura Sepp Blatter, akaza kuvanamo kandidatire ku munota wa nyuma.
Bwana Bin Hamman...
Ikipe ya Arsenal yaguze ku munota wa nyuma umukinnyi wo hagati wa Everton Mikel Arteta.
Uyu mukinnyi ufite imyaka 29 waguzwe miliyoni 10 z'amapawundi yasinye amasezerano y'imyaka 4 muri Arsenal. Umukinnyi wo hagati wa Chelsea Yossi Benayoun nawe akaba yaratijwe ikipe ya Arsenal.
Kuri abo bakinny...
Umutoza w'ikipe y'umupira w'amaguru mu Bwongereza, Fabio Capello, yabwiye abakinnyi basanzwe ari ibigugu ko bagomba kubona umwanya mu kibuga ari uko babikoreye.
Abo bakinnyi aburira barimo Frank Lampard wa Chelsea na Rio Ferdinand wa Manchester United ko bagomba kwikubita agashyi bitaba ibyo ba...
Ikipe ya arsenal nyuma yo gutakaza abakinyi bakomeye bari bayifatiye runini uyu mwaka mu isoko ry’abakinyi, bigatuma itangira shampiyona nabi kubera ibibazo by’imvune ziyugarije. byabaye ngombwa ko ikinisha abakinyi bato batamenyereye ibintu bitayihiriye na gato kuko kugeza ubu ifite inota rimwe...